KTN Rwanda igiye guha ibibanza abantu 450 mu bufatanye na Letshego Rwanda

KTN Rwanda ni Sosiyete igurisha ubutaka n’ibibanza mu Rwanda no muri Tanzania imaze imyaka 11 ikora muburyo bwemewe n’amategeko’’ Hagenimana Philemon Umuyobozi mukuru wa KTN Rwanda avuga ko iyi Sosiyete igurisha ibibanza cyangwa ubutaka bufite icyangombwa cyacyo kandi hatanarimo amakimbirane mu muryango kumwe umuryango uba ufite ubutaka bamwe bashaka kugurisha abandi batabishaka, Hagenenimana Philemon avuga ko bene ibyo bibanza babyirinda kugirango bene byo babanze babikemure nk’umuryango (...)

KTN Rwanda ni Sosiyete igurisha ubutaka n’ibibanza mu Rwanda no muri Tanzania imaze imyaka 11 ikora muburyo bwemewe n’amategeko’’

Hagenimana Philemon Umuyobozi mukuru wa KTN Rwanda avuga ko iyi Sosiyete igurisha ibibanza cyangwa ubutaka bufite icyangombwa cyacyo kandi hatanarimo amakimbirane mu muryango kumwe umuryango uba ufite ubutaka bamwe bashaka kugurisha abandi batabishaka, Hagenenimana Philemon avuga ko bene ibyo bibanza babyirinda kugirango bene byo babanze babikemure nk’umuryango iyo bikemutse nibwo babafasha kubigurisha.